Ubufatanye hagati y’Inganda

Umusaruro uva mu bufatanye bwo mu bushakashatsi, mw’iterambere ndetse no mu murimo w’ikwirakwiza. Isosiyete ishobora kuba idafite mu bikorwa byayo ubushobozi bwo gukora cg gukwirakwiza igicuruzwa iki n’iki ariko ikaba yasaba ubufatanye indi sosiyete ifite ibyo bikorwa n’ubumenyi kubiyikorera. Dushobora gufasha isosiyeti nyarwanda cg izo mu bice byegeranye n’u Rwanda kuba zafatanya murubwo buryo n’izo mu Butaliayani nkuko twafasha izo mu Butaliyani gufatanya gutyo nizo mu Rwanda cg mu bihugu bituranye n’u Rwanda.